#kwibokora31: Mu itangazo ryageneye itangazamakuru, Ishyaka UDPR ryifurije abanyarwanda umunsi mwiza wo kwibohora
Mu itangazo Ubuyobozi bw’Ishyaka Riharanira Ubumwe bw’Abanyarwanda na Demokarasi (UDPR) bwageneye itangazamakuru, risinyweho na Perezida waryo Honorable Pie NIZEYIMANA, rivuga ko banejejwe no kwifatanya n’Abayoboke baryo, Abanyarwanda bose n’Inshuti zabo, mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 31 u Rwanda rumaze rubohowe n’ingabo zari iza FPR-Inkotanyi, zahagaritse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 zinarokora Abatutsi bicwaga urupfu rw’agashinyaguro muri iyo jenoside.
Muri iryo tangazo dufitiye Kopi rigira riti:


