Ku isabukuru yayo ya 32, APR fc yahisemo kuyizihiriza aho yabukiye

Ku isabukuru yayo ya 32, APR fc yahisemo kuyizihiriza aho yabukiye

Kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Nyakanga 2025, umunsi u Rwanda rwizihiza #Kwibohora31, ikipe ya APR FC yagiye kwizihiriza uyu munsi aho yavukiye ku Mulindi w’Intwari mu Karere ka Gicumbi, aho iri kumwe n’abayobozi batandukanye n’abakunzi bayo, ibirori byiswe ‘APR ku Ivuko’, ikaba ari isabukuru yayo ya 32.

Ufitinema Aime Gerard

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *